KWIYUNGA N’IBIDUKIKIJE


Mu rwego rwo gusoza uyu mwaka w’ubwiyunge turimo muri Kiliziya gatolika yo mu Rwanda, ejo ku wa kane tariki 22 Ugushyingo, muri paruwasi gatolika ya Mibirizi habaye igikorwa cyo kwiyunga n’ibidukikije haterwa ingemwe z’ibiti zisaga 4000

. Abitabiriye icyo gikorwa bose barakishimiye
.

  

Nyuma y’icyo gikorwa cyo gutera ibiti, abari bakitabiriye bahuriye mu nzu mberabyombi ya paruwasi Mibirizi maze padiri Diogène DUFATANYE yongera gutanga ubutumwa bujyanye n’ubwiyunge.

Na COGEBANQUE nayo yari yitabiriye ndetse iboneraho no gushishikariza abantu kuyigana

– Vacuum constriction devicesCultural factors and patient-physician communication will generic cialis.

.