AMASOMO: Pr 9, 1-6; Ps 33; Ep 5, 15-20; Jn 6, 51-58. Muntu aho ava akagera, ahora ashaka kongera. Ahora ashaka gutunga ibirenze ibyo yari afite none. Ahorana inzara n’inyota byanga bikunda. Abenshi bakora amanya n’ijoro, ku buryo batakimenya gutandukanya n’iminsi, icyumweru cyo nta kikibaho kuri bamwe. Nyamara ikigaragara, ni uko nta muntu…Continue reading TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA ICYUMWERU CYA 20 GISANZWE.
Category: Inyigisho
TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA,ICYUMWERU CYA 18 GISANZWE,B.
Umwe mu banzi bakomeye Muntu ashobora kugira, ni inzara. Inzara ntirobanura. Waba uri umwana cyangwa uri umuntu mukuru. Waba warize ukaminuza cyangwa utazi gusoma no kwandika. Waba umwirabura cyangwa umuzungu, ntawe inzara itinya. Ndetse abatari bake inzara ibatera guhemuka. Abandi bagatongana bakamera nk’abatarigeze narimwe guhaga, bikabaviramo gutuka Imana. Imyitwarire nk’iyo, niyo yaranze Abayisiraheri…Continue reading TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA,ICYUMWERU CYA 18 GISANZWE,B.
TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA ICYUMWERU CYA 15, B.
AMASOMO: Am 7, 12-15; Ps 84; Ep 1, 3-14; Mc 6, 7-13. Kimwe mu bintu bitugora, ni ukwimuka ahantu dutuye, hahandi tumaze imyaka n’imyaniko, hamwe twamenyereye. Ikindi nacyo umuntu atabura kuvuga mu bitugora, ni ukureka gukora cya kintu twagize akamenyero. Hari n’igihe twumva bidashoboka. Ariko iyo icyo kintu twagize akamenyero kidatunganye, byanga bikunze…Continue reading TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA ICYUMWERU CYA 15, B.
TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA, ICYUMWERU CYA 14 GISANZWE, B
AMASOMO: Ez 2, 2-5; Ps 112; 2 Cor 12, 7-10; Mc 6, 1-6. Kimwe mu bintu bibabaza cyane ni uguhemukirwa n’uwo wita inshuti yawe cyangwa umuvandimwe wawe. Nta muntu ubyifuza. Nyamara ibyo ni byo dukunze gukora mu mubano wacu n’Imana. Kuva mu ntangiriro kugera uyu munsi, umubano w’abantu n’Imana wakunze kurangwa no guhemuka…Continue reading TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA, ICYUMWERU CYA 14 GISANZWE, B
TUZIRIKANE UMUNSI MUKURU W’ISAKARAMENTU,B.
AMASOMO: Ex 24, 3-8; Ps 116; He 9,11-15; Mc 14, 12-16.22-26. Umunsi mukuru w’isakaramentu ritagatifu ry’umubiri n’amaraso bya Yezu, wahimbajwe bwa mbere mu mateka mu mwaka w’i 1246, uhimbarizwa aho bita i Liège mu Bubiligi. Ni Papa Urbain IV wasabyeko uwo munsi mukuru wajya uhimbazwa muri Kiliziya y’isi yose. Icyari kigamijwe mu guhimbaza…Continue reading TUZIRIKANE UMUNSI MUKURU W’ISAKARAMENTU,B.