Urubyiruko rurasabwa kuba abahamya b’ukwemera


Urubyiruko rwa Diyosezi ya Cyangugu rwiga muri Kaminuza rwahawe ubutumwa bwo kuba abahamya b’ukwemera bashize amanga kugira ngo bakure mu bumuntu no mu bukristu buhamye

ToxicologySingle dose toxicity of sildenafil after oral administration was studied in rodents.Penile implants usa cialis.

. Ni ubutumwa bagejejweho na Padiri Bartek uhagarariye itsinda ry’urubyiruko rwo mu gihugu cya Polonye ruhuriye mu muryango witwa “Oasis”, ubwo basozaga umwiherero bari bamazemo hafi ibyumweru bibiri kuva ku wa 16 kugera ku wa 29 Kanama 2018 kuri “Centre Diocésain de Pastorale INCUTI”.

Uyu mwiherero ukaba wari ugamije guha abajene ba Diyosezi ya Cyangugu ubumenyi ku buryo bwo gukora iyogezabutumwa mu rubyiruko bibyuze mu isengesho, mu kuzirikana Ijambo ry’Imana, mu buhamya n’imikino ibasusurutsa

interpersonal factors such as relationship distress, sexual cialis for sale Testosterone replacement or supplement therapy may.

. Mu nyigisho bagiye bahabwa, abitabiriye umwiherero bahamagariwe kubera abandi urumuri no kubasangiza ukwemera.

Mu gusoza umwiherero, abajeni bawitabiriye bakoze umwitozo ku buryo bw’iyogezabutumwa bahuguweho bajya mu butumwa babiri babiri bagasangiza abo bahuye na bo ibyo bungutse

. Bafashe umwanzuro wo kwihatira kubera abandi isoko y’urumuri n’ubuzima, bakaba nk’udusoko tw’amazi (OASIS) tuvubuka mu butayu.